Kuri uyu wa gatatu, Inteko Ishinga Amategeko yeguye ku mirimo ye nyuma yo gushinjwa ibirego bya ruswa.
Mu cyumweru gishize, nibwo abashinjacyaha bashinjije Perezida w’inteko ishinga amategeko Nosiviwe Mapisa-Nqakula kwakira ruswa y’amadolari ibihumbi 135 000 ubwo yari Minisitiri w’ingabo mu 2016.
Si ibyo gusa kuko no mu 2019 yavuzweho kwaka indi ruswa ya’amadolari ibihumbi 105000frw.
Mu ijambo rye, Nqakula yatangaje ko yasabye ko yegura ariko akomeza avuga ko ari umwere ku byo bamushinja.
Ati: "Nafashe iki cyemezo mu rwego rwo gukoresha igihe cyanjye kandi nkibanda ku guhangana n’iperereza riherutse gutangaza ko nakiriye ruswa.Kwegura kwanjye ntabwo ari ikimenyetso cyangwa kwemera icyaha ku birego ndegwa."
Isangize abandi
Tanga igitekerezo