Museveni amaze gusezerera abajenerali 18 mu gihe kitarenze umwaka, haribazwa byinshi
"Imvugo imwe nk’iya Rusake" Abanyecongo bikomye Leta yabo n’amahanga bidafite icyo bibamariye
USA: Rurageretse hagati ya Polisi n’abanyeshuri ba Kaminuza bashyigikiye Palestine
Home > ... > Forum 2094
20 February 2020, 06:46, by munyemana
Urakoze munyamakuru kuli iki kibazo.Ngewe ndagusubiza nk’umuvuga-butumwa w’umwuga.Koko Imibonano mpuza-bitsina ni "Physiological need" nkuko uvuga.Ariko Imana ibyemerera gusa abantu bashakanye legally.Ndetse muli Gutegeka kwa kabiri (Deuteronomy) 22:20,Imana ivuga ko urongowe atari vierge agomba kwicwa.Wibuke ko muli Matayo 1:25,Imana yabujije Yozefu kuryamana na Maliya,mbere yuko abyara YEZU. Uravuga uti:"Ubusambanyi bwakajije umurego".Nibyo rwose.Bihuye n’ibyo Bible ivuga ko "mu minsi y’imperuka abantu bazaba bakunda ibinezeza aho gukunda Imana". Mu myaka yashize,abakobwa hafi ya bose barongorwaga ari vierge (amasugi).Usambanye bakamuroha muli Rwabayanga.None gusambana byabaye umukino.Basigaye babyita "Gukundana".Ntacyo Imana ibabwiye nubwo bitwa ngo ni "Abakristu".Ariko nkuko 1 Abakorinto 6:9,10 havuga,abasambanyi kimwe n’abandi banyabyaha,ntabwo bazaba mu Bwami bw’Imana dutegereje.Iyo bapfuye biba birangiye batazazuka ku Munsi w’Imperuka.Umuntu ushaka kuzazuka kuli uwo munsi akaba muli Paradizo iteka ryose nkuko Yezu yavuze muli Yohana 6:40,agomba kumvira Imana,ntabe "uwisi".Ahubwo agashaka Imana akiriho,ntazategereze ko bamubeshya ngo "yitabye Imana" umunsi azapfa.
This forum is moderated before publication: your contribution will only appear after being validated by an administrator.
*Kwandika mu bika kanda ahanditse Enter. Amategeko n'amabwiriza birakurikizwa
Please leave this field empty:
Urakoze munyamakuru kuli iki kibazo.Ngewe ndagusubiza nk’umuvuga-butumwa w’umwuga.Koko Imibonano mpuza-bitsina ni "Physiological need" nkuko uvuga.Ariko Imana ibyemerera gusa abantu bashakanye legally.Ndetse muli Gutegeka kwa kabiri (Deuteronomy) 22:20,Imana ivuga ko urongowe atari vierge agomba kwicwa.Wibuke ko muli Matayo 1:25,Imana yabujije Yozefu kuryamana na Maliya,mbere yuko abyara YEZU.
Uravuga uti:"Ubusambanyi bwakajije umurego".Nibyo rwose.Bihuye n’ibyo Bible ivuga ko "mu minsi y’imperuka abantu bazaba bakunda ibinezeza aho gukunda Imana".
Mu myaka yashize,abakobwa hafi ya bose barongorwaga ari vierge (amasugi).Usambanye bakamuroha muli Rwabayanga.None gusambana byabaye umukino.Basigaye babyita "Gukundana".Ntacyo Imana ibabwiye nubwo bitwa ngo ni "Abakristu".Ariko nkuko 1 Abakorinto 6:9,10 havuga,abasambanyi kimwe n’abandi banyabyaha,ntabwo bazaba mu Bwami bw’Imana dutegereje.Iyo bapfuye biba birangiye batazazuka ku Munsi w’Imperuka.Umuntu ushaka kuzazuka kuli uwo munsi akaba muli Paradizo iteka ryose nkuko Yezu yavuze muli Yohana 6:40,agomba kumvira Imana,ntabe "uwisi".Ahubwo agashaka Imana akiriho,ntazategereze ko bamubeshya ngo "yitabye Imana" umunsi azapfa.