Urubanza rw’umunyarwanda Neretse Fabiani, ukurikiranyweho icyaha cya jenoside yakorewe abatutsi mu 1994, rugeze mu cyumweru cya gatatu ruburanishwa n’Urukiko rwa rubanda -Cour d’assises- rw’i Buruseli, mu gihugu cy’u Bubiligi. Benshi bibaza iby’urwo rukiko ruhuriwemo n’abacamanza n’abaturage basanzwe. Ruteye rute? Rukora rute ? Rufite ubuhe bubasha ? Rutanga ikihe cyizere cy’ubutabera ku regwa n’abahohotewe ?
Mu cyumba cy’iburanisha, wagira ngo n’imvange y’iterambere na gakondo (…)
Home > Keywords > Amakuru > Amakuru
Amakuru
Articles
-
Neretse: Ifoto y’Urukiko rwa rubanda rutegerejweho ubutabera
20 November 2019, by Sehene Ruvugiro Emmanuel -
Mushiki wa Ben Rutabana na bagenzi be 3 ntibakozwa ibyo kwirukanwa burundu muri RNC
19 December 2019, by Theoneste ItangishatseAbayobozi bane bari bahagarariye ishyaka RNC ritavuga rumwe na Leta y’u Rwanda barimo na mushiki wa Benjamin Rutabana umaze igihe yaraburiwe irengero, bavuga ko kubirukana burundu muri iri shyaka byakozwe hatubahirijwe amategeko arigenga.
Mu itangazo RNC yasohoye ku wa 8 Ukuboza 2019, umuhuzabikorwa Mukuru yatangazaga ko abirukanwe ari Simeon Ndwaniye Umuhuzabikorwa w’akarere ka Windsor, Jean Paul Ntagara, Umuhuzabikorwa wungirije w’Intara ya Canada, umubitsi w’intara ya Canada, Bwana (…) -
Umugabo yafatiwe kwa nyirabukwe yiba inyama
4 December 2019, by Fred RugiraUmugabo wo muri Nigeria mu cyaro cya Ofu mu Ntara ya Kanu witwa Nwosu Acheku yafatiwe kwa nyirabukwe yagiye kwiba inyama.
Uyu mugabo nk’uko naijatoday ibitangaza, yajyanye itsinda rya bagenzi be bari bazi ko kwa nyirabukwe ubusanzwe ufite abana b’abakobwa gusa bizeye ko bari bwibe inyama z’inka uwo muryango wari wabaze ushimira ibyiza wagezeho.
Bumvaga ko urugo rutarimo umugabo kurwiba biri bworohe. Abo muri uyu muryango bagize amakenga, mbere yo kuryama, ahabitswe inyama (…) -
Rubavu: Bya bikoresho by’ibanze Abarokotse Jenoside bari baremewe nyuma y’imyaka ibiri babihawe
6 December 2019, by BWIZAAbarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 bo mu murenge wa Rugerero, bari bamaze imyaka irenga ibiri baremerewe ibikoresho byo mu nzu bahawe ibikoresho bitandukanye birimo intebe, ibitanda n’imifariso.
Amaso yari yaraheze mu kirere, ariko nyuma y’inkuru bwiza.com yatangaje yavugaga ko: Rubavu: Abarokotse Jenoside bahawe inzu zitagira ibikoresho , imyaka ibaye ibiri batazi irengero, kur’ubu bahawe bimwe mubyo bari baremerewe. Ubuyobozi bwababwiye ko ubushobozi nibuboneka bazareba uko (…) -
Nyamasheke: Karambi: Abana 162 bishyize hamwe
8 December 2019, by Bahuwiyongera SylvestreAbana 162 bari hagati y’imyaka 3 na 16 bo mu murenge wa Karambi mu karere ka Nyamasheke baravuga ko nyuma yo kubishishikarizwa n’ababyeyi babo bakabyumva,batangiye kugana umurenge SACCO wabo batangira kwizigamira ayo bajyaga bapfusha ubusa mbere mu buryo bunyuranye, ubu bakaba bamaze kuzigama arenga muliyoni 17.
Mu kiganiro na Bwiza.com ubwo abayobozi b’uyu murenge n’aba Karambi Vision SACCO bakanguriraga abana bari mu mashuri abanza n’ayisumbuye awurimo ndetse n’ababyeyi basanzwe ari (…) -
Rusizi: Ikibazo cy’ibiyobyabwenge mu rubyiruko giteye impungenge
18 January 2020, by Bahuwiyongera SylvestreAbanyamabanga nshingwabikorwa b’imirenge y’akarere ka Rusizi cyane cyane ituriye imipaka n’igihugu cya Kongo, bavuga ko ibiyobyabwenge mu rubyiruko ari ikibazo kibahangayikishije cyane imirenge ituranye na Congo cyane bikangiza urubyiruko bidasize n’abakuze, bagasaba abafatanyabikorwa barimo amadini n’amatorero kubafasha kwigisha ngo barebe ko ikoreshwa ryabyo ryacika burundu.
Iyi mpuruza bamwe muri aba bayobozi bayitanze mu biterane by’iminsi 3 byahuje amatorero ya gikirisitu binyuze (…) -
AHF-Rwanda yahembye urubyiruko inaruha ubutumwa
1 December 2019, by BWIZAUmuryango AHF-Rwanda kubufatanye n’ikigo cy’umuryango w’aba Guides mu Rwanda, Tariki ya 29 Ugushyingo 2019, bakoze igitaramo cyahuje urubyiruko n’abandi bantu batandukanye mu mujyi wa Kigali, bararushanwa , abatsinze barahembwa hagamijwe gushishikariza urubyiruko gukumira ubwandu bushya bwa virusi itera sida.
Muri iki gitaramo harimo amarushanwa yo kubyina aho amatsinda yahatanye mu byino zitandukanye. Iki gitaramo cyateguwe kugirango hashishikarizwe urubyiruko gukumira ubwandu bwa virusi (…) -
Perezida Kagame yahaye amahitamo abasubiye mu byaha bari barafungiwe
14 November 2019, by TUYIZERE JDMu butumwa yatanze kuri uyu wa 14 Ugushyingo 2019 mu muhango wo kurahira kw’abaminisitiri, abanyamabanga ba leta n’abayobozi b’ingabo mu ngoro y’inteko ishinga amategeko, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yahaye amahitamo abiri abafunguwe bahawe imbabazi bagasubira mu byo bari barafungiwe.
Perezida Kagame yihanangirije abihisha inyuma ya politiki,ubwisanzure,... bafashwa n’abahungabanya umutekano bari hanze.
"Ndashaka kuburira bamwe mu bari hano bihisha inyuma y’ibintu nka (…) -
Rusizi: Nzahaha: Bamwe bavuga ko iby’icuruzwa ry’abantu babyumva ku maradiyo
26 November 2019, by Bahuwiyongera SylvestreBamwe mu baturage b’umurenge wa Nzahaha mu karere ka Rusizi bavuga ko bumva iby’icuruzwa ry’abantu ku maradiyo gusa batabona abandi babibasobanurira bihagije bakifuza ko inzego zibegereye n’abandi babisobanukiwe bajya babibasobanurira kugira ngo n’uwahura na byo babe yabimenya.
Babitangarije Bwiza.com ubwo umuryango Never again Rwanda ku bufatanye n’akarere ka Rusizi n’ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku bimukira (IOM) wabaganirizaga ku bijyanye n’icyaha cy’icuruzwa ry’abantu, (…) -
Harasabwa ko abakorera abanyamulenge jenoside bafatwa bagashyikirizwa ubutabera
21 November 2019, by Munyakayanza SamuelMu itangazo ryashyizweho umukono i Bukavu ku wa 20 Ugushyingo 2019 na Me Bukuru Ntwari, umunyamategeko, umushakashatsi akaba n’umusesenguzi mu byerekeye kurengera ikiremwa muntu, yifuje ko abo yise ko bakora jenoside y’abanyamulenge bagezwa imbere y’ubutabera.
Muri iryo tangazo yerekanamo imitwe itandukanye n’amazina y’abantu bamwe bakwiriye kwamwaganwa ku isi yose, bagasabwa guhagarika guhonyanga ubwoko bw’abanyamulenge.
Muri iyo mitwe atunga agatoki Mai Mai, RED-Tabara, FNL, na FOREBU (…)