• english English
  • english Francais
  • english Swahili
  • Ahabanza
  • Amakuru
    Samia yasabye ko ikibazo cy’ibura ry’amashanyarazi gikemuka burundu
    Kuba umutinganyi gusa ntibihagije ngo uhabwe ubuhungiro - Suella Braverman
    U Burusiya bwashyize Perezida wa CPI ku rutonde rw’abo ruhiga
    Umusirikare mukuru w’u Burusiya ingabo za Ukraine zigambye kwica yagaragaye mu nama
    Nyarugenge: Uwahoze ari Umuyobozi wa RCA aratangira kuburanishwa kuri uyu wa Gatatu
  • Ibitekerezo
    IBITEKEREZO Soma izindi
    Kuvuga icyo umuyobozi wirukanwe yazize cyangwa akacyivugira byagabanya impuha
    Minisitiri w’ingabo wa RDC ashobora kuzira ubutaka afite i Kigali
    Ese kurwanya umuco wo kudahana ni inshingano rusange?
    Bamporiki azahabwa imbabazi, abone kuba Umushumba w’abarokore
    Yaba ari amahitamo meza u Rwanda rushakiye urubyiruko imirimo mu mahanga?
  • Zicukumbuye
    ZICUKUMBUYE Soma izindi
    Rwanda: Ubwinshi bw’imanza, gufunga n’ubucucike bikomeje kubera ihurizo ubutabera
    Covid-19: �Nyunganira mwana �, inzira nshya ishora abana mu muhanda
    Kayonza: Mu ntambara y�amahugu arwana n�inzego z�ibanze, Pascal Mutumwa aratabaza Perezida Kagame
    Ibivugwa: Ingabo z�Abafaransa mu batazibagirwa Inkotanyi ahahoze ari Komini Maraba
    Gen. Godefroid Niyombare ari mu yihe mibare?
  • Politiki
    POLITIKI Soma izindi
    Abashingamategeko bo muri USA barasaba Menendez kwegura bwangu
    Perezida Ndayishimiye yavuze ku mwuka mubi uhwihwiswa mu Burundi
    Kenya: Umunyapolitiki ukomeye yibasiwe nyuma yo gusaba Perezida Kagame ko yarekera kuyobora u Rwanda
    Igisubizo cya P. Kagame ku mpamvu Gen. Muhoozi ari we wenyine washoboye kunga u Rwanda na Uganda
    Zabyaye amahari hagati ya Ukraine n’incuti yayo Pologne
  • Imikino
    POLITIKI Soma izindi
    Rurageretse hagati ya Sancho n’umutoza Ten Hag wa Manchester United
    FIFA yahannye Rayon Sports
    Arsenal yahagamiwe na Tottenham mu maso ya P. Kagame
    APR FC yatakaje amanota ya mbere kuri Marines FC
    FERWAFA yamaganye amagambo umutoza w’Amavubi y’abagore yatangaje ku bakinnyi ba Ghana
Iyandikishe
Bwiza Bwiza
  • Ibitekerezo
  • ibyegeranyo
  • Zicukumbuye
  • imikino
  • politiki
  • ubuzima
Search
  • Ibitekerezo
  • ibyegeranyo
  • Zicukumbuye
  • imikino
  • politiki
  • ubuzima
Dukurikire
  • Francais
  • English
  • Kiswahili
Copyright © 2014-2023 BWIZA MEDIA Ltd.
Dr. Antoine Rutayisire asize inkuru mu Giporoso

iyobokamana

Dr. Antoine Rutayisire asize inkuru mu Giporoso

Yanditswe na Ndacyayisenga Fred
Yanditswe kuwa 05/06/2023 10:45

Pastor Dr. Antoine Rutayisire yafashwe nk’intwari ubwo abayoboke bo mu itorero Angilikani Paruwase ya Remera bamusezeragaho mbere yo kujya mu kiruhuko cy’izabukuru yatangiye taliki 4 Kamena 2023.Uyu mushumba usanzwe akorera umurimo w’Imana muri iyo Paruwasi, yaraswe ubutwari bwe no kwitanga kuri uwo mu rimo by’umwihariko mu gace k’i Remera ahazwi nko mu Giporoso.

Mu birori byo kumusezeraho byagiye biba mu ngeri zitandukanye, yagiye ashimirwa imirimo yakoze harimo gusana imitima ya benshi yari yaratentebutse, kubakira abatishoboye byaba bikozwe mu rwego rwa Paruwasi cyangwa ku giti cye.Bimwe mu byamuranze ubwo yari mu nshingano ni inyigisho zasunikiye benshi mu kwegera Imana no kwicisha bugufi.

Ikindi ibikorwa yakoze birivugira mu gace iyi Paruwase iherereyemo hazwi nko mu Giporoso aho yazamuye urusengero rushya n’izindi nyubako z’ubucuruzi zirugaragiye byatwaye asaga miliyoni 900 frw.Mu ijambo rye ubwo yasezeraga abakilisitu mu mpera z’icyumweru dusoje, yababwiye ko n’ubwo atazongera kwicara ku ntebe y’umuyobozi w’iyo paruwasi, atagiye ngo yicare ahubwo azakomeza umurimo w’iyogezabutumwa bwiza.

Ibindi mu byo yashimiweho, n’uburyo yagiye ahuriza hamwe abana barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi akabitaho akabafasha kwigirira icyizere bakaba abagabo bahamye n’abagore biyubatse.Si abana gusa kuko yagiye yimakaza gahunda y’ubumwe n’ubwiyunge abihuza n’iyobokamana.

Dr Antoine Rutayisire wujuje imyaka 65 y’amavuko yari amaze imyaka 12 ayobora Paruwasi ya Remera, yahawe imodoka azajya agendamo mu rwego rwo kumuherekeza neza ari nako abakirisitu bagenda bamuha impano zitandukanye bishimira ibyo yabagejejeho.Yarasimbuwe kuri iyo mirimo na Pasiteri Karegesa Emanuel uzakomeza imirimo nka Pasiteri mukuru.

Izindi Nkuru Bijyanye


ADEPR irahamya ko nta nkunga yahabwa yatuma yemera ubutinganyi
ADEPR irahamya ko nta nkunga yahabwa yatuma yemera ubutinganyi
Paruwasi Gatolika yari imaze imyaka 14 itabyara Padiri, yungutse undi
Paruwasi Gatolika yari imaze imyaka 14 itabyara Padiri, yungutse undi
Dore uko intumwa 12 za Yesu zapfuye
Dore uko intumwa 12 za Yesu zapfuye

Izindi wasoma

ADEPR irahamya ko nta nkunga yahabwa yatuma yemera ubutinganyi

Shalom Choir yasobanuye impamvu itazishyuza abazitabira igitaramo cyayo cy’akataraboneka

Ibyo Minisitiri witabiriye urugendo Perezida Kagame yise ’urwo kuramya ubukene’ yabonye

Abatinganyi ntibahejwe mu gushyigikira ko Bibiliya ikomeza kuboneka mu Rwanda:BSR

Umukuru wa Kiliziya muri Kampala yabwiye abakene ko batazakandagira mu ijuru

Ndacyayisenga Fred
Isangize abandi
Tanga igitekerezo

Tanga igitekerezo

pre-moderation

This forum is moderated before publication: your contribution will only appear after being validated by an administrator.

Who are you?
Your post
  • *Kwandika mu bika kanda ahanditse Enter. Amategeko n'amabwiriza birakurikizwa

DUKURIKIRE

Wadusanga kuri izi nkoranya mbaga
Facebook Like
Twitter Follow
Youtube Subscribe

Weekly Newsletter

Iyandikishe ujye ubona amakuru yacu kuri Email

I have read and agree to the terms & conditions

Amakuru Agezweho

Samia yasabye ko ikibazo cy'ibura ry'amashanyarazi gikemuka burundu
Samia yasabye ko ikibazo cy’ibura ry’amashanyarazi gikemuka burundu

Kuba umutinganyi gusa ntibihagije ngo uhabwe ubuhungiro - Suella Braverman
Kuba umutinganyi gusa ntibihagije ngo uhabwe ubuhungiro - Suella Braverman

Rurageretse hagati ya Sancho n'umutoza Ten Hag wa Manchester United
Rurageretse hagati ya Sancho n’umutoza Ten Hag wa Manchester United

Kazungu Denis yoherejwe mu igororero
Kazungu Denis yoherejwe mu igororero

U Burusiya bwashyize Perezida wa CPI ku rutonde rw'abo ruhiga
U Burusiya bwashyize Perezida wa CPI ku rutonde rw’abo ruhiga

- DUTERE INKUNGA -

Mashya

Samia yasabye ko ikibazo cy'ibura ry'amashanyarazi gikemuka burundu
27/09/23 06:00
Samia yasabye ko ikibazo cy’ibura ry’amashanyarazi gikemuka burundu
Kuba umutinganyi gusa ntibihagije ngo uhabwe ubuhungiro - Suella Braverman
27/09/23 06:00
Kuba umutinganyi gusa ntibihagije ngo uhabwe ubuhungiro - Suella Braverman
Rurageretse hagati ya Sancho n'umutoza Ten Hag wa Manchester United
26/09/23 17:04
Rurageretse hagati ya Sancho n’umutoza Ten Hag wa Manchester United
Kazungu Denis yoherejwe mu igororero
26/09/23 16:39
Kazungu Denis yoherejwe mu igororero
Amakuru

U Burusiya bwashyize Perezida wa CPI ku rutonde rw’abo ruhiga

U Burusiya bwashyize Piotr Hofmanski ukuriye Urukiko Mpuzamahanga mpanabyaha (CPI) ku rutonde (...)

Yanditswe na BABOU Bénjamin
Amakuru

Umusirikare mukuru w’u Burusiya ingabo za Ukraine zigambye kwica yagaragaye mu nama

Umuyobozi w’ingabo zirwanira mu mazi z’u Burusiya zikorera ku Nyanja y’Umukara akaba n’umwe mu (...)

Yanditswe na Denis Nsengiyumva
Amakuru

Nyarugenge: Uwahoze ari Umuyobozi wa RCA aratangira kuburanishwa kuri uyu wa Gatatu

Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 27 Nzeri, urukiko rwibanze rwa Nyarugenge ruratangira (...)

Yanditswe na Denis Nsengiyumva
ubutabera

Ngoboka yagaragaje ibyaha byinshi ahamya ko yageretsweho azira itangazamakuru

Umunyamakuru Ngoboka Sylvain wigeze kumara iminsi 45 mu kigo cy’inzererezi cya Tongati mu (...)

Yanditswe na TUYIZERE JD

Bwiza Media is a leading online media company based in Rwanda that provides information and analysis on societal achievements and needs.


Service Dutanga

  • Itangazamakuru
  • Kwamamaza -Advert
  • Dufata amashusho -Video
  • Dutunganya Amashusho
  • Dukora websites
  • Amatangazo / Cyamunara

Ibyiciro Bikunzwe

  • politiki
  • imyidagaduro
  • imikino
  • ubuzima
  • utuntu-nutundi

© Bwiza Media. All Rights Reserved.