• english English
  • english Francais
  • english Swahili
  • Ahabanza
  • Amakuru
    U Burusiya bwashyize Perezida wa CPI ku rutonde rw’abo ruhiga
    Umusirikare mukuru w’u Burusiya ingabo za Ukraine zigambye kwica yagaragaye mu nama
    Nyarugenge: Uwahoze ari Umuyobozi wa RCA aratangira kuburanishwa kuri uyu wa Gatatu
    Umunyamahanga wasambanyije umunyeshuri ni we wakoze ku bo Col Higiro yise ‘inzererezi’
    Nyiragongo: Umutwe mushya wiyemeje guhangana na M23 warwanye iya mbere na APCLS
  • Ibitekerezo
    IBITEKEREZO Soma izindi
    Kuvuga icyo umuyobozi wirukanwe yazize cyangwa akacyivugira byagabanya impuha
    Minisitiri w’ingabo wa RDC ashobora kuzira ubutaka afite i Kigali
    Ese kurwanya umuco wo kudahana ni inshingano rusange?
    Bamporiki azahabwa imbabazi, abone kuba Umushumba w’abarokore
    Yaba ari amahitamo meza u Rwanda rushakiye urubyiruko imirimo mu mahanga?
  • Zicukumbuye
    ZICUKUMBUYE Soma izindi
    Rwanda: Ubwinshi bw’imanza, gufunga n’ubucucike bikomeje kubera ihurizo ubutabera
    Covid-19: �Nyunganira mwana �, inzira nshya ishora abana mu muhanda
    Kayonza: Mu ntambara y�amahugu arwana n�inzego z�ibanze, Pascal Mutumwa aratabaza Perezida Kagame
    Ibivugwa: Ingabo z�Abafaransa mu batazibagirwa Inkotanyi ahahoze ari Komini Maraba
    Gen. Godefroid Niyombare ari mu yihe mibare?
  • Politiki
    POLITIKI Soma izindi
    Abashingamategeko bo muri USA barasaba Menendez kwegura bwangu
    Perezida Ndayishimiye yavuze ku mwuka mubi uhwihwiswa mu Burundi
    Kenya: Umunyapolitiki ukomeye yibasiwe nyuma yo gusaba Perezida Kagame ko yarekera kuyobora u Rwanda
    Igisubizo cya P. Kagame ku mpamvu Gen. Muhoozi ari we wenyine washoboye kunga u Rwanda na Uganda
    Zabyaye amahari hagati ya Ukraine n’incuti yayo Pologne
  • Imikino
    POLITIKI Soma izindi
    Rurageretse hagati ya Sancho n’umutoza Ten Hag wa Manchester United
    FIFA yahannye Rayon Sports
    Arsenal yahagamiwe na Tottenham mu maso ya P. Kagame
    APR FC yatakaje amanota ya mbere kuri Marines FC
    FERWAFA yamaganye amagambo umutoza w’Amavubi y’abagore yatangaje ku bakinnyi ba Ghana
Iyandikishe
Bwiza Bwiza
  • Ibitekerezo
  • ibyegeranyo
  • Zicukumbuye
  • imikino
  • politiki
  • ubuzima
Search
  • Ibitekerezo
  • ibyegeranyo
  • Zicukumbuye
  • imikino
  • politiki
  • ubuzima
Dukurikire
  • Francais
  • English
  • Kiswahili
Copyright © 2014-2023 BWIZA MEDIA Ltd.
Abadepite bo mu Budage bijeje RDC ‘kotsa igitutu perezida Kagame'

politiki

Abadepite bo mu Budage bijeje RDC ‘kotsa igitutu perezida Kagame’

Yanditswe na BABOU Bénjamin
Yanditswe kuwa 03/06/2023 15:12

Abadepite bo mu nteko ishinga amategeko y’u Budage, bijeje Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuyifasha kotsa igitutu Perezida Paul Kagame kugira ngo ahagaike igitero bavuga ko yagabye kuri RDC.

Ku wa Gatanu tariki ya 02 Kamena 2023 ni bwo itsinda ry’abadepite batandatu b’Abadage bagiriye uruzinduko muri Congo, aho bakiriwe na Perezida w’Inteko ishinga amategeko ya kiriya gihugu, Christophe Mboso N’Kodia.

Ni uruzinduko babwiye itangazamakuru ry’I Kinshasa ko rwari rugamije guhimangira ubufatanye hagati y’Inteko zishinga amategeko z’ibihugu byombi.

Dr. Forest Christoph Hoffmann wari uyoboye itsinda rya bariya badepite, yabwiye abanyamakuru ko icyari cyabazanye mu nteko ya Congo ari ukuvugurura umubano w’inteko yabo ndetse n’iya kiriya gihugu.

Ati: ”Turi itsinda ry’intumwa z’abadepite batandatu b’Abadage bari mu ruzinduko muri RDC. Twese turi muri abo Komisiyo y’ubufatanye mpuzamahanga mu by’ubukungu n’iterambere mu nteko ishinga amategeko y’u Budage. Turajwe ishinga no kuvugurura umubano n’inteko ishinga amategeko ya RDC.”

Uyu mudepite kandi yamaganye icyo yise igitero u Rwanda rwagabye kuri Congo Kinshasa, avuga ko we na bagenzi be biteguye kotsa igitutu Perezida Paul Kagame kugira ngo agihagarike.

Yagize ati: “Ntibisanzwe. Ibi ntidushobora kubyihanganira. Ni ku bw’ibyo, Minisitiri wacu w’Ububanyi n’Amahanga yamaze kwamagana iki gitero, kandi dutegereje kotsa igitutu Perezida w’u Rwanda kugira ngo ahagarike iki gitero.”

Uwahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Budage, Katja Keul na we yikomye u Rwanda, arusaba kubaha ‘ubusugire bwa Congo.’

Izindi Nkuru Bijyanye


Kenya: Umunyapolitiki ukomeye yibasiwe nyuma yo gusaba Perezida Kagame ko yarekera kuyobora u Rwanda
Kenya: Umunyapolitiki ukomeye yibasiwe nyuma yo gusaba Perezida Kagame ko yarekera kuyobora u Rwanda
Perezida Ndayishimiye yavuze ku mwuka mubi uhwihwiswa mu Burundi
Perezida Ndayishimiye yavuze ku mwuka mubi uhwihwiswa mu Burundi
Abashingamategeko bo muri USA barasaba Menendez kwegura bwangu
Abashingamategeko bo muri USA barasaba Menendez kwegura bwangu

Izindi wasoma

Abashingamategeko bo muri USA barasaba Menendez kwegura bwangu

Perezida Ndayishimiye yavuze ku mwuka mubi uhwihwiswa mu Burundi

Kenya: Umunyapolitiki ukomeye yibasiwe nyuma yo gusaba Perezida Kagame ko yarekera kuyobora u Rwanda

Igisubizo cya P. Kagame ku mpamvu Gen. Muhoozi ari we wenyine washoboye kunga u Rwanda na Uganda

Zabyaye amahari hagati ya Ukraine n’incuti yayo Pologne

BABOU Bénjamin
Isangize abandi
Tanga igitekerezo

Tanga igitekerezo

pre-moderation

This forum is moderated before publication: your contribution will only appear after being validated by an administrator.

Who are you?
Your post
  • *Kwandika mu bika kanda ahanditse Enter. Amategeko n'amabwiriza birakurikizwa

DUKURIKIRE

Wadusanga kuri izi nkoranya mbaga
Facebook Like
Twitter Follow
Youtube Subscribe

Weekly Newsletter

Iyandikishe ujye ubona amakuru yacu kuri Email

I have read and agree to the terms & conditions

Amakuru Agezweho

Rurageretse hagati ya Sancho n'umutoza Ten Hag wa Manchester United
Rurageretse hagati ya Sancho n’umutoza Ten Hag wa Manchester United

Kazungu Denis yoherejwe mu igororero
Kazungu Denis yoherejwe mu igororero

U Burusiya bwashyize Perezida wa CPI ku rutonde rw'abo ruhiga
U Burusiya bwashyize Perezida wa CPI ku rutonde rw’abo ruhiga

Umusirikare mukuru w'u Burusiya ingabo za Ukraine zigambye kwica yagaragaye mu nama
Umusirikare mukuru w’u Burusiya ingabo za Ukraine zigambye kwica yagaragaye mu nama

Nyarugenge: Uwahoze ari Umuyobozi wa RCA aratangira kuburanishwa kuri uyu wa Gatatu
Nyarugenge: Uwahoze ari Umuyobozi wa RCA aratangira kuburanishwa kuri uyu wa Gatatu

- DUTERE INKUNGA -

Mashya

Rurageretse hagati ya Sancho n'umutoza Ten Hag wa Manchester United
26/09/23 17:04
Rurageretse hagati ya Sancho n’umutoza Ten Hag wa Manchester United
Kazungu Denis yoherejwe mu igororero
26/09/23 16:39
Kazungu Denis yoherejwe mu igororero
U Burusiya bwashyize Perezida wa CPI ku rutonde rw'abo ruhiga
26/09/23 16:00
U Burusiya bwashyize Perezida wa CPI ku rutonde rw’abo ruhiga
Umusirikare mukuru w'u Burusiya ingabo za Ukraine zigambye kwica yagaragaye mu nama
26/09/23 14:17
Umusirikare mukuru w’u Burusiya ingabo za Ukraine zigambye kwica yagaragaye mu nama
Amakuru

Nyarugenge: Uwahoze ari Umuyobozi wa RCA aratangira kuburanishwa kuri uyu wa Gatatu

Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 27 Nzeri, urukiko rwibanze rwa Nyarugenge ruratangira (...)

Yanditswe na Denis Nsengiyumva
ubutabera

Ngoboka yagaragaje ibyaha byinshi ahamya ko yageretsweho azira itangazamakuru

Umunyamakuru Ngoboka Sylvain wigeze kumara iminsi 45 mu kigo cy’inzererezi cya Tongati mu (...)

Yanditswe na TUYIZERE JD
imyidagaduro

Bebe Cool na Jose Chameleone biyemeje guhangana inkundura

Inkuru nyinshi mu bitangazamakuru ziravuga ko hagiye kuba urugamba hagati y’abacuranzi (...)

Yanditswe na Ndacyayisenga Fred
Amakuru

Umunyamahanga wasambanyije umunyeshuri ni we wakoze ku bo Col Higiro yise ‘inzererezi’

Mu minsi ishize, Umuyobozi w’agateganyo w’Inkeragutabara mu ntara y’Amajyaruguru, Lieutenant (...)

Yanditswe na TUYIZERE JD

Bwiza Media is a leading online media company based in Rwanda that provides information and analysis on societal achievements and needs.


Service Dutanga

  • Itangazamakuru
  • Kwamamaza -Advert
  • Dufata amashusho -Video
  • Dutunganya Amashusho
  • Dukora websites
  • Amatangazo / Cyamunara

Ibyiciro Bikunzwe

  • politiki
  • imyidagaduro
  • imikino
  • ubuzima
  • utuntu-nutundi

© Bwiza Media. All Rights Reserved.