Mc Philos wamenyekanye cyane nk’ umusangiza w’ amagambo mu gice cy’Abahanzi baririmba indirimbo zihimbaza Imana (Gospel) ndetse no mu birori bitandukanye yagiye ayobora nka Mc,ubu arashima Imana yamuhaye umufasha.
Tariki ya tariki 11 ukuboza 2016 ni bwo yambikanye impeta y’ urudashira Imbere y’ Imana n’ umukunzi we Niyonsaba Florence. Ibi birori by’ubukwe bwabo bikaba bitazibagirana kuri bo ndetse no ku inshuti n’imiryango yabo.
Nyuma yo gukora ubukwe yishimiye ndetse bwagenze uko yabuteguye , Mc Philos uri mu kwezi kwa buki aravuga ko ntacyo yashinja Imana kuko ntacyo itakoze ngo imunezeze.
[xyz-ihs snippet="google-pub"]
[xyz-ihs snippet="google-pub"]
[xyz-ihs snippet="google-pub"]
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Isangize abandi
Tanga igitekerezo