Mu gihe hari abibwira ko kwisiramuza ari umuti w’ibanze ku barangiza vuba, inzobere ku bijyanye n’ubuzima bw’imyororokere zitangaza ko igihe cyo kurangiza kijya gusa n’icy’utarisiramuje.
Imbuga nka Healthline na doctissimo.fr nyuma yo kuganira n’inzobere zitandukanye, zatangaje ko abagabo benshi basiramuye bagira ibyumvo bimeze kimwe n’iby’abatarasiramuwe n’ubwo hari abandi bakomeza kuribwa n’inkovu ibihe byose cyangwa se bakabona ibitsina byabo bitababereye.
Ibyo kuribwa n’igitsina ariko ngo ntibikunze kubaho kuko hari n’abo usanga kirya badasiramuwe, ngo biterwa n’imiterere y’umubiri wa buri wese.
Kurangiza (gusohora) na byo ngo biba ari bimwe, haba ku usiramuye cyangwa se waba udasiramuye kuko iki gikorwa kidahinduraho ikintu kinini, ari na yo mpamvu ngo abantu badakwiriye gufata gusiramurwa nk’aho ari umuti wo kutarangiza vuba, ko byose ari mu mutwe (ubwonko).
Iki gikorwa kigabanya ububobere buba ku gitsina cy’umugabo kandi ubwo bubobere ni bwo bufasha virusi itera SIDA kwinjra mu mubiri mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina.
Bitewe n’uko ibyago byo kwandura ku muntu wasiramuwe ari bike ugereranyije n’utarabikorerwa iyo bombi batakoresheje agakingirizo, ushobora kuba watekereza kudakoresha agakingirizo ku wo mutizeranye ariko burya ni ngombwa.
Gusiramurwa ngo bikaba bigira akamaro kanini, kabone n’ubwo hari imiryango ibirwanya ikanatuma abakuze batita ku kubikorera abana babo bibwira ko ari igikorwa kitarangira.
Iyi miryango yemeza ko ari uburwayi gukuzaho agahu k’abana kuko baba bazabyihitiramo bamaze kwimenyera gutandukanya icyiza n’ikibi.
Dore impamvu zishobora gutuma wahitamo gusiramurwa:
1. Gusiramurwa ku mpamvu z’isuku nk’aho amazi ari make cyangwa hari ubushyuhe.
2. Iki gikorwa kandi gishobora guterwa n’idini (musulmans, judaiïsme).
3. Ushobora no kubikora ku bushake aho binakorerwa abana bakivuka.
4. Hari n’ighe ubitegekwa na muganga abonye uko agahu kawe gateye cyangwa indwara.
Gusiramura ni igikorwa cyo kwa muganga, aho babaga agahu gakikije umutwe w’igitsina cy’umugabo maze uwo mutwe ugasigara hanze.
Uku gusiramurwa rero ngo ni byiza ku baba mu madini cyangwa mu miryango ibyemera nko mu basilamu (musilmans) cyangwa judaiïsme n’ubwo ku bandi babifata nk’aho ari ikizira kuri bo.
26 Ibitekerezo
kayitare Kuwa 31/10/20
jye mbona gusiramurwa ntacyo bifasha kirenzeho cyane ko ba sogokuru bacu batigeze babikorerwa kdi bqshaje batanduye izo ndwara zandurira mumibonano uzasambana nuwanduye yaba asiramuye cg adasiramuye badakoresheje agakingirizo barandura none c ako gahu gatwikira igitsina ntibagasubiza inyuma bakozamo imbere yako
Subiza ⇾safari Kuwa 30/06/21
Ubwo ntiwari wamenya ko byari no mu mucyo karande wa society nyinshi zo muri Afrika mbere y’ingoma yabakoloni?Urwanda rwari muri bake batabikoraga.
Subiza ⇾kamikazi Kuwa 01/07/21
Sha nakumvishe ntabwo usiramuye kubwabasogokuru ntaburwayi bukomeye nkubwandutse ubu nakugira inama yo kwisilamuza ntutinda gukira ninyugu zawe
Subiza ⇾sekabanza Kuwa 23/11/20
ndifuza kumenya uko abagore babyumva (ndavuga gukora imibonano mpuzabitsina n’umugabo usiramuye cyangwa udasiramuye) mbese ni nde uryoshya imibonano hagati ya bombi?
Subiza ⇾Kuwa 16/04/24
Imberecyane insiramu iba irimukaz
Subiza ⇾samuel vunabandi Kuwa 28/11/20
Ukombyumvajye ndumva gusiramurwana byo bitera ingaruka kugitsina nkokuribwa ninkovu umuntuyahora aribwaninkovu kungezajyari? Ndumva icyambere arisuku nokwirindagukora imibonano mpuzabitsina indakingiye ariko ababishaka kwisiramuza nibyiza sitegeko ariko shyizeho
Subiza ⇾isumbingabo Kuwa 26/06/21
Wanje, gusiramurwa ni byiza kuko bituma usiramuwe umubiri ukomera kubera kumenyera gukora kumyenda bityo gukomereka byagorana mugihe cyo gukora imibonano mpuzabitsina,ikindi kdi igitsina gisiramuye kugira isuku, gusa neza kdi gukora akazi ntamususu.
Subiza ⇾Ernesto Ryanda Kuwa 01/07/21
Abavugango nisuku murantangaza kuko isuku niyanyirayo ndabizi abantu basiramuwe nibenshi ariko imiryango irushaho gutandukana ubwose gusiramura byakemuye ikihe kibazo murwanda?
Subiza ⇾uwase Kuwa 27/06/21
Isiramuye niyo iryoshya ibintu
Subiza ⇾inararibonye guy musaza Kuwa 29/06/21
Jew nemeza yuko iyisiramuye ariyo iryohera mwene guswerana, ariko kuri mwene guswera aryoherwa cane mugihe atarisiramuza
Subiza ⇾inararibonye guy musaza Kuwa 29/06/21
Iyidasiramuye niyo idyoherwa cyane
Subiza ⇾Jonny Kuwa 30/06/21
Amahoro!
Ni byiza kudufasha gukomeza umuco wo gusoma.
Gusiramurwa no kudasiramurwa Ni ubushake. Ubyemera arisiramuza utabyemera akabireka; gusa Ni isuku n’ubwo bwose bitarinda inzira igana urupfu.
Subiza ⇾Kuwa 01/07/21
Gusiramurwa njye mbona Ari byiza
Subiza ⇾Ernesto Ryanda Kuwa 01/07/21
Njye numva kudasiramurwa aribyo byiza kuko iyumuntu asirsmuwe ngo ahorana ubushyuhe akumva igitsina gore cyose acyiyumvamo mbese ubanza arinayompamvu inda zabaye nyinshi murubyiruko...
Subiza ⇾Ptrck Kuwa 16/02/22
Ukonikokokuri ubushuhe bubabwinci
Subiza ⇾Tanga igitekerezo