Home > ... > Forum 56834

N’abandi bazashukwa, Ivugabutumwa rikwiye guhagurukirwa

3 November 2023, 04:36

Utaranigwa agaramye agora ngo ijuru riri hafi.
Kuba hari abakora amakosa bitwaje amasengesho ntibikuraho akamaro ko Gusenga.
Ibyavuzwe muri iyo nkuru ni ibitekerezo byumuntu kugiti cye, Kubera ko hari abantu bafite ibimenyetso byuko bagiriwe neza n’Imana biturutse ku Gusenga. Wowe niba utabyemera reka abazi aho Imana yabakuye kubera Gusenga babikomereho.

Birashoboka ko abizera basenga bakanakora Kandi bagatera imbere.

Abasenga bose ntabwo ari abakene Kandi abakora cyane bose ntabwo bakira. Murakoze

Tanga igitekerezo

Who are you?
Your post
  • *Kwandika mu bika kanda ahanditse Enter. Amategeko n'amabwiriza birakurikizwa