Abarwayi b’amaso 5000 bagiye kuvurwa muri "Nanjye nirebere ibyiza u Rwanda rwagezeho mu myaka 30"
Rutsiro: Nsabimana yaguye mu Gisimu cy’amabuye y’agaciro bagira ubwoba bwo ku mutabara
Urugomo rukorerwa muri El Fasher rufite ingaruka zica ku bana - UNICEF
Home > ... > Forum 57510
22 January, 15:21, by Bazumitima Seth
Ikibazo cya 1)Umuhanda uva I Nyange muri Ngororero werekeza ku bitaro by’akarere bya Kilinda urababaje kuko imodoka itwara abarwayi akenshi mu mbura ihera muri uwo muhanda. 2) Isomo ry’imisoro (taxation) n’iry’ihangamurimo(Entrepreneurship )byaba byiza byigishijwe mumashuri yose kuva S1kugeza S6 mu rwego rwo kurusha kugira abaturage basobanukiwe n’umumaro wo gutanga umusoro ndetse no gucunga imirimo ibyara inyungu. 3) Uruhushya rw’agateganyo rwo gutwara ibinyabiziga byaba byiza rutabaye kwemererwa kwiga ikinyabiziga runaka gusa.
This forum is moderated before publication: your contribution will only appear after being validated by an administrator.
*Kwandika mu bika kanda ahanditse Enter. Amategeko n'amabwiriza birakurikizwa
Please leave this field empty:
Ikibazo cya
1)Umuhanda uva I Nyange muri Ngororero werekeza ku bitaro by’akarere bya Kilinda urababaje kuko imodoka itwara abarwayi akenshi mu mbura ihera muri uwo muhanda.
2) Isomo ry’imisoro (taxation) n’iry’ihangamurimo(Entrepreneurship )byaba byiza byigishijwe mumashuri yose kuva S1kugeza S6 mu rwego rwo kurusha kugira abaturage basobanukiwe n’umumaro wo gutanga umusoro ndetse no gucunga imirimo ibyara inyungu.
3) Uruhushya rw’agateganyo rwo gutwara ibinyabiziga byaba byiza rutabaye kwemererwa kwiga ikinyabiziga runaka gusa.